Perezida Kagame yagejeje ku Banyarwanda ijambo ry’ihumure muri ibi bihe by’icyorezo cya Koronavirusi
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yagejeje ku banyarwanda ijambo ry’ihumure muri ibi bihe igihugu n’Isi muri rusange byugarijwe n’icyorezo cya Koronavirusi, aho mu Rwanda kimaze kugaragara ku bantu 54 mu…