Ihuriro ryizihije isabukuru y’imyaka 20 rimaze rigiyeho
Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 Ihuriro rimaze rigiyeho, haganiriwe ku ruhare rw’Imitwe ya politiki n’Ihuriro mu miyoborere y’u Rwanda no kubaka ubwumvikane muri politiki nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu…